AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Min. KANIMBA avuga ko hagiye kuba impinduka mu gutanga amasoko ya leta

Yanditswe Dec, 21 2016 10:45 AM | 2,424 Views



Ministeri y'ubucuruzi n'ibikorwa by'umuryango w'afrika y'iburasirazuba iratangaza ko hagiye kuba amavugurura mu gutanga amasoko ya Leta kugirango babere urugero abandi mu kugura ibikorerwa imbere mu gihugu. Ibi byatangajwe ubwo hasozwaga imurikagurisha ry'ibikorerwa mu Rwanda.

Hari hashize icyumweru i Gikondo habera ku nshuro ya kabiri imurikagurisha ry'ibikorerwa  mu Rwanda Made in Rwanda Expo. Ni imurikagurisha ryari rigamije kureba uko ubukangurambaga bwo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda bwarushaho gukorwa

Mu gusoza iri murikagurisha ry'ibikorerwa imbere mu gihugu,hahembwe amwe mu masosiyeti yagaragaje kwitwara neza mu mitangire ya serivisi.

Ministri w'ubucuruzi n'ibikorwa by'umuryango w'afrika y'iburasirazuba Francois KANIMBA avuga ko hagiye kuba impinduka mu gutanga amasoko ya leta hagabanywa ibitumizwa mu mahanga.

Iri murikagurisha ry'ibikorerwa mu Rwanda ryarimo abamurikaga 301. Hagati y'abantu ibihumbi 10 n'ibihumbi 15 nibo baryitabiraga ku munsi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira