AGEZWEHO

  • U Bubuligi: Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gukora Jenoside – Soma inkuru...
  • Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira – Soma inkuru...

Min. Munyeshyaka avuga ko ibyoherezwa hanze byiyongereyeho 50%

Yanditswe Dec, 28 2017 13:14 PM | 4,560 Views



Minisitiri w'ubucuruzi n'inganda Vincent Munyeshyaka yagiranye ikiganiro n'abagize ihuriro ry'igihugu nyunguranabitekerezo ry'imitwe ya politike mu Rwanda kuri uyu wa kane.

Yababwiye ko Leta y'u Rwanda irimo kureba uburyo ibiciro by'amashanyarazi ku nganda zikora ibikorerwa mu Rwanda byagabanywa ndetse n'umusoro ku bikoresho byabyo bikagagabanuka mu rwego rwo gucyemura ikibazo cy'ibikorerwa mu Rwanda bigihenze.

Avuga ko igabanywa ry'ibiciro by'amashanyarazi kugeza ubu bitagize icyo bitanga kinini nkuko byari byifujwe. Ikindi kandi ngo ni ukorohereza izi nganda zikorera mu Rwanda kubona inguzanyo muri BDF nkuko Minisitiri w'Ubucuruzi n'inganda yabigaragaje.

Avuga ko muri iki gihembwe cya 3 cy'ingengo y'imari y'uyu mwaka wa 2017, ibyoherezwa mu mahanga muri gahunda ya Made in Rwanda byazamutseho 50% mu gihe kandi ibitumizwa mu mahanga byagabanusteho 3.2%

Mu byagabanutseho cyane harimo imyenda ya caguwa yinjira mu gihugu mu gihe imyenda yoherezwa hanze yazamutse.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid