Yanditswe Sep, 28 2016 13:23 PM | 1,161 Views
Intumwa z'u Rwanda n'iz'u Buholandi zahuriye i Kigali kuri uyu wa 3 mu nama ya 2 igamije gushyira mu bikorwa amasezerano impande zombi zashyizeho umukono, arebana no guteza imbere ubutabera no gushimangira amahame y'igihugu kigendera ku mategeko.
Ku itariki ya 13 Ugushyingo 2014, Minisiteri y’Ubutabera y’u Rwanda nibwo yasinyanye aya masezerano y’ubufatanye na Minisiteri y’Ubucuruzi n’Ububanyi n’Amahanga y’Ubuholandi.
Insanganyamatsiko y’iyi nama iragira iti “dufatanye kubaka ubutabera umuturage afitemo uruhare kandi bumuhendukiye”
Ibiganiro biribanda ku ruhare rw’uwakorewe icyaha mu mirimo y’Inzego z’Ubutabera, uburyo izindi nzira zo gukemura amakimbirane zakunganira ubucamanza mu gutanga ubutabera, kongera gusubiza mu murongo abarangwa n’imyifatire ihungabanya ituze n’umudendezo by’igihugu binyuze mu bigo ngororamuco.
Ibihugu byombi bizigira ku ngero nziza hagamijwe guteza imbere ubutabera bwabyo.
Ubuhorandi burishyimira urwego ubutabera bw'u Rwanda rugezeho nko gukoresha ikoranabuhanga mu kwakira ibirego by'abaturage. Ubuhorandi butanga miriyoni 5 z'amayero mu gushyigikira urwego rw'ubutabera mu Rwanda.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru