AGEZWEHO

  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...
  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...

Ministre w'ingabo yageneye ubutumwa bwo kubaka igihugu itorero ry'inkomezamihigo

Yanditswe Dec, 13 2016 12:45 PM | 2,528 Views



Ministre w'ingabo General James Kabarebe yakanguriye urubyiruko ruri mu itorero urunana rw'urungano, rimaze icyumweru ribera i Gabiro mu kigo cya gisirikare, gukomeza kugira uruhare mu rugamba rwo kubaka u Rwanda.

Bikubiye mu kiganiro yabahaye muri aya masaha kirebana n'urugamba rwo kubohora u Rwanda. Yababwiye ko igihe cyose ukuri gutsinda, iyo ufite intego ihamye kandi uharanira uburenganzira bwawe. Ministre General Kabarebe, yasobanuye ko intego y'urugamba kwari ukubohora u Rwanda no kubaka igihugu kibereye buri munyarwanda.

Bisobanurwa ko iri torero ryahaye urubyiruko 754 rwaryitabiriye umwanya wo gusobanukirwa indangagaciro n’amateka y’u Rwanda ngo ziyakuremo amasomo yo kubaka ejo hazaza heza.

Muri iri torero rimaze icyumweru intore zabashije kwakira amateka zanyuzemo, ziyemeza gushyigikira ubumwe n'ubwiyunge. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira