AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Ministre w'intebe Dr.Ngirente yasobanuriye inteko ibijyanye na gahunda y'imirire

Yanditswe Feb, 20 2018 21:54 PM | 5,484 Views



Minisitiri w'intebe Dr. Edouard Ngirente aravuga ko gahunda mbonezamikurire y'umwana yashyizweho igamije guhangana n'ibibazo bikibangamira imirire myiza y'umwana. Ibi yabivuze ubwo yatangaga ibisobanuro mu magambo ku bibazo  birebana na gahunda yo kurwanya imirire mibi mu Rwanda mu bana bari munsi y’imyaka itanu.

Bimwe mu bibazo bigaragazwa n'abasenateri bituma hakigaragara imirire mibi muri aba bana birimo kutamenya gutegura ifunguro ryuzuye, ibibazo by'umwanda, gahunda zishyirwaho ariko ugasanga zitaramba cyangwa ntizishyirwe mu bikorwa uko bikwiye. Ibi abasenateri basaba ko byanozwa.

Minisitiri w'intebe, Dr. Edouard Ngirente yabwiye abasenateri ko gahunda zishyirwaho ziba zateguwe neza, kandi zigenda zitanga umusaruro aho bwaki no kugwingira mu bana bigenda bigabanuka. Yavuze ko ibibazo bigihari byafatiwe ingamba zirimo na gahunda mbonezamikurire y'abana.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira