AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Ministre w'intebe Murekezi yatangije gahunda yiswe nk'uwikorera muri Karongi

Yanditswe Mar, 30 2017 17:49 PM | 1,287 Views



Ministre w'intebe Anastase Murekezi arasaba abaturage kugaragaza aho serivise zidatangwa neza kugira bikosorwe kuko ari uburenganzira bwabo. Ibi minister w'intebe yabivugiye mu karere ka Karongi ubwo yatangizaga mu rwego rw'igihugu gahunda yiswe nk'uwikorera igamije gukangurira inzego za leta n'iz'abikorera kurushaho kunoza service batanga.

Ministre w’intebe yibukije abayobozi gucika ku mvugo "uzaze ejo" kuko ihesha isura mbi ubuyobozi. Ministre w'intebe yavuze ko hari inzego zikwiye gushyirwamo imbaraga zikomeye kuko abaturage bazishimiye ku rwego ruri hasi: ubuhinzi bwishimirwa ku gipimo cya 48%, ubworozi 54%, VUP 58%, GIRINKA 59%.

Izi serivise kimwe n'iz'ubuvuzi nizo zizaherwaho mu gukorwaho ubukangurambaga! urwego rwa serivisi rwinjiza 48% by'umusaruro wose w'ubukungu bw'igihugu nyamara serivise zishimiwe ku gipomo cya 72,9% mu gihe intego ari ukugera kuri 85% mu 2018.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #