AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Ministre w'intebe Ngirente yasuye ibikorwa bitandukanye by'intara y'amajyaruguru

Yanditswe Nov, 22 2017 21:20 PM | 4,151 Views



Minisitiri w'intebe Dr Edouard Ngirente yasuye ibikorwa by'iterambere byo mu rwego rw'ubuhinzi n'ubworozi mu turere twa Nyabihu, Musanze na Burera. Yasuye ahatuburirwa imbuto z'ibirayi hifashishijwe uburyo bunyuranye, asura n'ikusanyirizo ry'amata rya mukamira, n'ishuli rikuru rya Musanze polytechnic.

Ministiri w'intebe yasuye n'ubuhinzi bw'ibireti ndetse n'uruganda rubitunganya rwa SOPYRWA.

Mu ishuli rya Musanze Polytechnic, minisitiri w'intebe yabashishikarije kunoza ibyo bakora byose kandi bakabyamamaza. 

Yasuye ibice bitandukanye by'iki kigo birimo amashuri, aho bitoreza imyuga. Muri uru ruzinduko, minisitiri w'Intebe ari kumwe na Ministre w'ubuhinzi n'Ubworozi, Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda, n'abandi bayobozi ku nzego zinyuranye.

Inkuru mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira