Yanditswe Oct, 20 2016 15:01 PM | 1,305 Views
Minisitiri
w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo ejo yatangaje ko Ambasaderi
mushya wa Maroc amaze iminsi ibiri amushyikirije impapuro zimwemerera
guhagararira igihugu cye mu Rwanda, akazazishyikiriza na Perezida wa Repubulika
mu minsi iri imbere.
Yavuze ko Maroc yafunguye Ambasade mu Rwanda, ikaba ihari, na ambasaderi agiye gutangira gukora ndetse mu biganiro hagati y’abakuru b’ibihugu byombi, u Rwanda rwamenyesheje igihugu cya Morocco y’uko rugiye gufungurayo ambasade.
Minisitiri Mushikiwabo yavuze ko ibi bifite akamaro gakomeye yaba mu ishoramari no guteza imbere ubukerarugendo hagati y’ibihugu byombi, dore ko mu ruzinduko rw’umwami Mohammed VI uri mu Rwanda ibihugu byombi byanasinyanye amasezerano menshi arimo n’ayihariye kuri ziriya ngingo.
Ibi yabitangaje mu gihe Umwami wa Maroc, Mohammed VI kuri ubu ari mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru