AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Mu myaka 7 umubare w'ingo zigerwaho n'amashanyarazi wikubye nshuro zisaga 3

Yanditswe Jul, 11 2017 16:04 PM | 2,933 Views



Minisitiri w'intebe Anastase Murekezi yabwiye intumwa za rubanda ko mu myaka 7 ishize umubare w'ingo zigerwaho n'amashanyarazi wikubye I nshuro zisaga 3.

Umukuru wa Guverinoma yashimangiye ko hashyizwe ingufu mu mishinga igamije kongera ingufu z'amashanyarazi no kuvugurura imwe mu miyoboro ishaje, imishinga n'ubu igikomeje.

Guverinoma kdi ngo yihatiye kugabanya igiciro cy'amashanyarazi aho nko ku nganda cyagabanutse kugera kuri 32%.

Ku bijyanye no kurengera ibidukikije ,Minisitiri w'intebe yaciye akarongo ku ikoreshwa rya gas mu guteka aho ngo Leta yasoneye umusoro nyongeragaciro  abacuruza izo ngufu hamwe n'ibikoresho bijyana nabyo.

Muri 2010 abagera kuri 86% nibo bakoreshaga ibikomoka ku bimera mu guteka none ngo bageze kuri 83%;ibintu guverinoma ivuga ko bikwiye guhinduka.Kuva muri 2010 igipimo cya gas ikoreshwa mu guteka kimaze kwikuba kane; Minisitiri w'intebe akavuga ko bigomba kurushaho gutera imbere.

Itegeko nshinga riteganya ko rimwe mu gihembwe Minisitiri w'intebe ageza ku badepite n'abasenateri ibikorwa bya Guverinoma.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage