Yanditswe Jul, 22 2016 11:31 AM | 1,594 Views
I Mutobo mu kigo cya Komisiyo ishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu ngabo, kuri uyu wa kane abagera kuri 58 basoje ingando ya 57 basubizwa mu buzima busanzwe. Abo barwanyi barimo abagore bane biganjemo abahoze mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, bemeza ko bafashe icyemezo cyo gutaha nyuma yo kubona ko bataye igihe gihagije mu mashyamba ya Kongo aho baje gusanga ingengabitekerezo mbi ya jenoside n’amacakubiri aranga uwo mutwe ntaho yabageza. Hasozwa iki cyiciro Leta y’u Rwanda yongeye gusaba abagizwe imbata na FDLR gutaha kuko mu Rwanda amahoro ahinda.
Inkuru yose mu mashusho:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru