AGEZWEHO

  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...
  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...

Mutobo:Abahoze muri FDLR batashye nyuma yo kubona ko bataye igihe mu mashyamba

Yanditswe Jul, 22 2016 11:31 AM | 1,594 Views



I Mutobo mu kigo cya Komisiyo ishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu ngabo, kuri uyu wa kane abagera kuri 58 basoje ingando  ya 57 basubizwa mu buzima busanzwe. Abo barwanyi barimo abagore bane biganjemo abahoze mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, bemeza ko bafashe icyemezo cyo gutaha nyuma yo kubona ko bataye igihe gihagije mu mashyamba ya Kongo aho baje gusanga ingengabitekerezo mbi ya jenoside n’amacakubiri aranga uwo mutwe ntaho yabageza. Hasozwa iki cyiciro Leta y’u Rwanda yongeye gusaba abagizwe imbata na FDLR gutaha kuko mu Rwanda amahoro ahinda.


Inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura