AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

NEC ivuga inzego z'ibanze zituzuye bityo amatora yo kuzuza imyanya akenewe

Yanditswe Oct, 23 2017 21:04 PM | 4,402 Views



Kuva ku itariki ya 10 z'uku kwezi komisiyo y'igihugu y'amatora yatangiye imyiteguro y'amatora yo kuzuza imyanya y'ubuyobozi mu nzego z'ibanze. Perezida wa Komisiyo y'igihugu y'amatora Prof. Kalisa Mbanda atangaza ko imyiteguro ijyana no gukangurira abaturage ibijyana n'aya matora yatangiye kandi n'abazakurikirana ayo matora bamaze kwitegura.

Abasaba serivisi mu buyobozi bw'inzego z'ibanze bavuga ko iyo izo nzego zituzuye, akenshi bituma servisi bifuza batazibona uko bikwiye, bakaba basanga ari ngombwa ko abatakiri mu myanya basimbuzwa.

Komisiyo y'igihugu y'amatora yatangiye gutegura gahunda yo kuzuza imyanya itarimo abayobozi  mu nzego z'ibanze binyuze mu matora amwe aziguye andi ataziguye. Mu myanya 15.104 itegenywa, hazatorwa abagize komite z'imidugugu, inama njyanama z'utugari, iz'imirenge n'uturere na komite nyobozi y'akarere. Hanatorwe Abagize inama y'igihugu y'abagore, iy'urubyiruko, iy'abafite ubumuga n'iy'abikorera. 

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira