Yanditswe Feb, 16 2017 15:15 PM | 2,029 Views
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Karere ka
Ngororero barishimira ubuvuzi ingabo z’u Rwanda zirimo kubaha zibasanze iwabo, bakaba
bavuga ko kuba izi ngabo zarabarokoye zikabasubiza amahoro n’umutekano, bazitezeho
no kubafasha kugira amagara mazima.
Lieutenant Colonel Rwema Frank, inzobere mu kuvura indwara zo mu kanwa, ariko muri iki gihe akaba ashinzwe no kwegereza abaturage ibikorwa by’ubuvuzi muri gahunda ya ARMY WEEK, avuga ko mu Karere ka Ngororero hari abarwayi 909 barokotse Jenoside biteguye kwakira, kandi ngo hari icyizere ko bazabavura kuko mu minsi itatu iyi gahunda ya ARMY WEEK itangiye, bamaze kwakira abarwayi 174.
Inkuru mu mashusho:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru