AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Ngororero: Ingabo z'u Rwanda mu bikorwa byo kuvura abaturage indwara zo mu kanwa

Yanditswe Feb, 16 2017 15:15 PM | 2,029 Views



Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Karere ka Ngororero barishimira ubuvuzi ingabo z’u Rwanda zirimo kubaha zibasanze iwabo, bakaba bavuga ko kuba izi ngabo zarabarokoye zikabasubiza amahoro n’umutekano, bazitezeho no kubafasha kugira amagara mazima.

Lieutenant Colonel Rwema Frank, inzobere mu kuvura indwara zo mu kanwa, ariko  muri iki gihe akaba ashinzwe no kwegereza abaturage ibikorwa by’ubuvuzi muri gahunda ya ARMY WEEK, avuga ko mu Karere ka Ngororero hari abarwayi 909 barokotse Jenoside biteguye kwakira, kandi ngo hari icyizere ko bazabavura kuko mu minsi itatu iyi gahunda ya ARMY WEEK itangiye, bamaze kwakira abarwayi 174.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira