Yanditswe Jun, 25 2016 19:08 PM | 1,852 Views
Mu rwego rwo kuzamura
abanyarwanda bose bakava mu bukene nk’ingamba zafashwe na Leta y’u Rwanda,
ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero bwaremeye imiryango 30 y’abasigajwe inyuma
n’amateka bo mu kagari ka Bugarura mu murenge wa Muhanda, babagenera ibikoresho
by’ibanze byo mu ngo.
Aba basigajwe inyuma n’amateka bakaba bavuga ko kuba bakomeje gutekerezwaho na leta ari ntako bisa.
Uretse aba basigajwe inyuma n’amateka, akarere ka Ngororero kashimiye abaturage bishyize mu matsinda, borozanya kugeza aho baziturira na bagenzi babo baturanye, bagenerwa matelas n’amaradiyo.
Ibi byose bikaba byaratwaye amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyoni 7
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
2 hours
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
3 hours
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
4 hours
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru