AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Ngororero: Ubuyobozi bwaremeye imiryango 30 y'abasigajwe inyuma n'amateka

Yanditswe Jun, 25 2016 19:08 PM | 1,852 Views



Mu rwego rwo kuzamura abanyarwanda bose bakava mu bukene nk’ingamba zafashwe na Leta y’u Rwanda, ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero bwaremeye imiryango 30 y’abasigajwe inyuma n’amateka bo mu kagari ka Bugarura mu murenge wa Muhanda, babagenera ibikoresho by’ibanze byo mu ngo.

Aba basigajwe inyuma n’amateka bakaba bavuga ko kuba bakomeje gutekerezwaho na leta ari ntako bisa.

Uretse aba basigajwe inyuma n’amateka, akarere ka Ngororero kashimiye abaturage bishyize mu matsinda, borozanya kugeza aho baziturira na bagenzi babo baturanye, bagenerwa matelas n’amaradiyo.

Ibi byose bikaba byaratwaye  amafaranga y’u Rwanda agera kuri  Miliyoni 7

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama