AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Ni iki cyateye ababishinzwe gufunga gare ya Kicukiro?

Yanditswe Mar, 08 2016 11:30 AM | 2,169 Views



Mu gihe hakomeje  kwibazwa byinshi ku kuba ikigo cyari kigenewe gutegerwamo imodoka n'abagenzi cya Kicukiro cyubatse i Nyanza cyaramaze igihe gito gikora  kikaza guhagaragara ndetse magingo aya kikaba nta n'inyoni igitambamo,ubuyobozi bw'akarere ka Kicukiro buvuga ko  nyuma yo gusanga iki  kigo kidasubiza ikibazo cyari gihari cy'ingendo z'abagenzi ndetse n'abakoresha imodoka zitwara abagenzi, bwafasahe umwanzuro wo kugifunga, aho kiri  hagashakwa ikindi kintu kihakorerwa gifite inyungu.

Reba inkuru yose:







Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize