Yanditswe Nov, 08 2018 22:05 PM | 28,450 Views
Ministiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente, ari mu gihugu cy’Afrika y’epfo aho yitabiriye ihuriro nyafurika ku ishoramari. Ni ihuriro ryateguwe na banki nyafurika itsura amajyambere, rikaba rigomba kumara iminsi 3 riteraniye I Johannesburg muri Afurika y’Epfo.
Mu kiganiro cyatanzwe, cyateguwe na Afrika50 ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB, ministiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yashishikarije abitabiriye iri huriro gushora imari yabo mu Rwanda.
Iri huriro rigamije gushishikariza abashoramari bigenga kurushaho kurishora kuri uyu mugabane mu rwego rwo kwihutisha iterambere ryawo.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
3 hours
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru