AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame aritabira inama ku bukungu I Davos mu Busuwisi

Yanditswe Jan, 22 2018 18:39 PM | 5,934 Views



Birateganywa ko Perezida Kagame kuri wa kabiri azitabira inama ngarukamwaka y'ihuriro ryiga ku bukungu bw’isi, ibera I Davos mu Busuwisi. Iyi nama izwi nka 'World Economic Forum' iraba iteranye ku nshuro ya 48, aho izitabirwa n’abakuru b’ibihugu babarirwa muri 70.

Abitabira iyi nama bose hamwe bo bagera ku bihumbi 3 barimo abakuru b’ibihugu, abahagarariye za leta n’abikorera, baganira ku bibazo byugarije ubukungu, umutekano muke ukomeje kwiyongera hirya no hino bikadindiza umuvuduko w’ubukungu, imihindagurikire y’ikirere, ikoranabuhanga, kwihaza mu biribwa n’ibindi.

Iyi nama y’i Davos izasozwa ku ya 26 z’uku kwezi kwa mbere.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #