AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Perezida Kagame avuga ko ubufatanye ari ingenzi mu kwamakaza iterambere

Yanditswe Jun, 12 2017 22:48 PM | 2,597 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inama y’umuryango w’ibihugu 20 bikize ku isi (G20), iri kubera mu Budage yiga ku hazaza ha Afurika.

Iyi nama yiswe ‘G20 Africa Partnership-Investing in a Common Future’ yatangijwe tariki 12 Berlin mu Budage ikaba igamije kureba no kugaragaza amahirwe ari mu ishoramari mu bijyanye n'ibikorwaremezo muri Afurika.

G20 igizwe n’ibihugu 19, birimo Argentina, Australia, Brazil, Canada, u Bushinwa, u Bufaransa, u Budage, u Buhinde, Indonesia, u Butaliyani, u Buyapani, Mexico, u Burusiya, Arabia Saudite, Afurika y’Epfo, Koreya y’Epfo , Turukiya, u Bwongereza, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na EU.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama