Yanditswe Oct, 11 2016 15:25 PM | 1,476 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri
uyu wa kabiri, yakiriye inyandiko z'abambasaderi 4 zibemerera guhagararira
ibihugu byabo mu Rwanda.
Ni abazahagararira Singapore, Portugal, Finland ndetse n'Ubudage.
Bose bahuriza ku muhigo wo gushimangira umubano hagati y'ibihugu by'abo n'u Rwanda cyane cyane mu guteza imbere ubukungu.
Chelva Retnam Rajah, ugiye guhagararira igihugu cya Singapuru, azaba afite ikicaro muri Singapore.
Afonso Henriques Abreu de Azeredo Malheiro, Ambasaderi ugiye guhagararira Portugal akazaba afite ikicaro i Addis Ababa muri Ethiopia.
Ambasaderi Pekka Juhani Hukka, uzaba uhagarariye Igihugu cya Finland , afite icyicaro i Dar Es Salaam muri Tanzania; naho Dr Peter Woester, Ambasaderi w'u Budage mu Rwanda afite icyicaro i Kigali.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru