AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye inyandiko z'abambasaderi 4 bo mu Burayi na Asia

Yanditswe Oct, 11 2016 15:25 PM | 1,476 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa kabiri, yakiriye inyandiko z'abambasaderi 4 zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.

Ni abazahagararira Singapore, Portugal, Finland ndetse n'Ubudage.

Bose bahuriza ku muhigo wo gushimangira umubano hagati y'ibihugu  by'abo n'u Rwanda cyane cyane mu guteza imbere ubukungu.

Chelva Retnam Rajah,  ugiye guhagararira igihugu cya Singapuru, azaba afite ikicaro muri Singapore.

Afonso Henriques Abreu de Azeredo Malheiro, Ambasaderi ugiye guhagararira Portugal  akazaba afite ikicaro i Addis Ababa muri Ethiopia.

Ambasaderi Pekka Juhani Hukka, uzaba uhagarariye Igihugu cya Finland , afite icyicaro i Dar Es Salaam muri Tanzania; naho Dr Peter  Woester, Ambasaderi w'u Budage mu Rwanda afite icyicaro i Kigali.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira