AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye min. w'intebe wa Ethiopia uri mu ruzinduko rw'minisi 3

Yanditswe Apr, 27 2017 21:19 PM | 2,547 Views



Ministre w'intebe wa Ethiopia Hailemariam Desalegn uri mu ruzinduko rw'akazi mu Rwanda yasuye umudugudu w'icyitegererezo wa kitazigurwa na Ntebe mu Karere ka Rwamagana. Ministre w'ubutegetsi bw'igihugu Francis Kaboneka avuga ko kuba uyu muyobozi yasuye uyu mudugudu biri muri gahunda yo kwiga uko iyi gahunda yatangizwa mu gihugu cye.

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Hailemariam Desalegn na madame we Roman Tesfaye bamaze kugera i Kigali mu ruzinduko rw'akazi aho bakiriwe na perezida wa Repubulika Paul Kagame na madame we Jeannette Kagame. Ministre w'intebe wa Ethiopia yabanje gusobanurirwa ibijyanye na guhunda y'imiturire mu Rwanda by'umwihariko gahunda yo gutura mu midugudu y'icyitegererezo, aho igamije gutuza abantu hamwe kandi bakabona iby'ibanze birimo ibikorwa remezo nk'amazi, amashanyarazi, amashuri, isoko n'ibindi.

Inkuru mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira