AGEZWEHO

  • Nyabihu: Abarokotse Jenoside batewe impungenge n'ingengabitekerezo ya Jenoside ikihagaragara – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yihanganishije Abanya-Kenya ku rupfu rw’Umugaba Mukuru w'Ingabo – Soma inkuru...

Perezida Kagame yasabye abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi kutivuga ibigwi

Yanditswe Dec, 14 2017 22:22 PM | 6,536 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba na chairman wa FPR Inkotanyi yasabye bwa nyuma abagize uyu muryango kwirinda kwishimagiza no kwivuga ibigwi kandi abizeza ko nta gishobora guturuka hanze ngo gihungabanye ibyo u Rwanda rumaze kugeraho.

Ku cyicaro cy'umuryango FPR, uyu muryango wizihizaga isabukuru y'imyaka 30 umaze ushinzwe. Atangiza iyi nama, Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba na chairman wa FPR yashimangiye ko nubwo iyi myaka 30 yabaye umusingi ukomeye atari ryo herezo ry'ubuzima bw' uyu muryango.

Chairman wa FPR yavuze ko indagaciro zaranze uyu muryango, ubu ngo ari bwo zinakenewe cyane kuko ngo nyuma y'urugamba rwo kwibohora havuka ibindi bibazo bishya birimo na bamwe mu banyamuryango batandukiriye amahame yawo bagahinduka ibikoresho by'abatifutiza ineza igihugu kimwe n'abaharanira inyungu zabo bwite kurusha iz'abaturage bo bashishikajwe n'impinduka nziza mu buzima bwabo.

Biteganyijwe ko iyi nama nkuru y'Umuryango FPR inkotanyi izasiga hatowe komite nyobozi nshya ku rwego rw' igihugu hamwe n'abakomiseri ndetse hakavugururwa zimwe mu ngingo zigize sitati z'uyu muryango washinzwe mu 1987.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira