Yanditswe Feb, 02 2017 12:20 PM | 1,508 Views
Perezida wa Republika Paul Kagame aratangaza ko urugero intwari z'u Rwanda zasize, rutera abanyarwanda imbaraga rukanabaha icyerekezo kibabereye.
Ni mu butumwa yacishije ku rukuta rwa twitter bujyanye n'umunsi w'intwari abanyarwanda bizihije kuri uyu wa gatatu tariki ya 1 Gashyantare.
Muri ubu butumwa yagize ati: Turaha icyubahiro abemeye gupfira indangagaciro zitugira Abanyarwanda. Urugero badusigiye ruduha imbaraga n'icyerekezo bitubereye.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru