AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Kagame yifatanyije na Unity Club kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 imaze

Yanditswe Nov, 05 2016 23:56 PM | 2,402 Views



Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 umuryango Unity Club umaze ushinzwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimiye uyu muryango kuba ku isonga mu kwimakaza ubumwe mu banyarwanda ashimangira ko ubwo bumwe ariyo nzira iganisha igihugu mu cyerekezo kizima.

Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame washinze akaba ari nawe uyobora umuryango Unity Club Intwararumuri ni umwe mu bakase iyo 'gateau' imbere y'imbaga y'abantu amagana bitabiriye ibi birori bari barimo n'Umukuru w'igihugu.

Mu ijambo yavugiye muri ibi birori byari byitabiriwe n'abanyamuryango ba Unity Club n'abandi bayobozi mu nzego zitandukanye.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko kubura ubumwe aribyo byagejeje igihugu  mu icuraburindi rya Jenoside yakorewe Abatutsi  kandi ashimangira ko abanyarwanda badakwiye kurangara ngo ubu bumwe bumaze kubakwa bube bwabaca mu myanya y'intoki.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage