AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Perezida Kagame yifatanyije n'abaturage kwizihiza isabukuru yo kwibohora

Yanditswe Jul, 04 2017 19:14 PM | 4,836 Views



Abaturage mu gace kizihirijwemo ku nshuro ya 23 isabukuru yo kwibohora baravuga ko ngo iyi sabukuru ibasigiye urwibutso rukomeye,ibyo bikaba ari ibikorwa by'amajyambere ngo batari barigeze babona muri aka gace.

Mu birori byo kwizihiza ku nshuri ya 23 isabukuru yo kwibohora, Perezida wa Repubulika yatangaje ko yashimishijwe n' umucyo yabonanye abaturage babyitabiriye. Abaturage bitabiriye ibi birori  batangaje ko ngo iyi sabukuru ya 23 yo kwibohora yabashimishije bihebuje kubera impamvu ebyiri z'ingenzi. Iya mbere ngo ni ukubona umukuru w' igihugu amaso ku maso no kumva impanuro ze naho iya kabiri ngo ni ibikorwa by'amjyambere bamaze kugeraho.

Umukuru w'igihugu yakomoje no ku bikorwa by'amajyambere abaturage bagezwaho avuga ko leta itabikora igamije kuzajya ihora ifasha abo yabihaye ahubwo ko biba bikwiye kubabera umusingi bubakiraho kwifasha ubwabo.

Vunga ni kamwe mu duce twafatwaga nk'utwasigaye inyuma mu iterambere iyo ingo ikaba ari nayo mpamvu yatoranyirijwe gushyirwamo ibikorwa bikomatanyije by'amajyambere mu muri gahunda ya leta yo kwihutisha iterambere ry'abaturage.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira