AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame yitabiriye ihuriro ry'ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth

Yanditswe Apr, 17 2018 21:59 PM | 21,012 Views



Kuri uyu wa kabiri Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n'umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Bwongereza n'ibikorwa by'umuryango wa Commonwealth, Boris Johnson, anabonana n'igikomangoma cy'Ubwongereza Harry.

Perezida Kagame ari mu Bwongereza aho azitabira ihuriro ry’ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth, riteganyijwe muri iki cyumweru rikitabirwa n'abakuru b’ibihugu bigera muri 53.

Aho mu Bwongereza kandi umukuru w'igihugu yahuye kandi agirana ibiganiro na Perezida wa Ghana Nana Akufa Addo.

Uyu ni umuryango washinzwe n’Umwamikazi w’u Bwongereza, nyuma y’uko ibihugu byinshi u Bwongereza bwakolonije biboneye ubwigenge.

Wagiyeho mu rwego rwo gufashanya hagati y’ibi bihugu, byinshi muri byo byari byugarijwe n’ubukene, kugira ngo bizamurane.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura