AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame yitabiriye inama ku bufatanye hagati ya Afrika n'Uburayi

Yanditswe Nov, 29 2017 15:35 PM | 4,644 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame  ari i Abidjan muri Cote d’Ivoire aho yitabiriye inama ya gatanu ihuza Afrika n’u Burayi. Iyi  nama y’iminsi ibiri yatangiye imirimo yayo kuri uyu wa gatatu.

Byitezwe ko yitabirwa n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma barenga 80 n’abandi bantu babarirwa mu bihumbi  bitanu baturutse mu bihugu byose bigize umuryango w’Afrika yunze ubumwe  no mu bindi 28 by’ubumwe bw’u Burayi. Muri iyi nama haraganirwa ku ngingo zirebana n’ibibazo by’abimukira n’umutekano.

Ku bijyanye n’iyi nama ibera muri Cote d’Ivoire, mu nama y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe yabereye i Kigali mu Rwanda muri Nyakanga 2016,  niho hemerejwe ko iki gihugu cya Cote d’Ivoire kizakira inama ya gatanu ihuza Afrika yunze ubumwe n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Inama ya mbere ihuza u Burayi n’Afrika yatangiye mu mwaka wa 2000, ibera i Cairo mu Misiri. Ubusanzwe iyi nama iba nyuma ya buri myaka itatu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #