AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame yahuye n'umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis

Yanditswe Mar, 20 2017 11:58 AM | 3,478 Views



Perezida wa republika Paul Kagame kuri uyu wa mbere yahuye na papa Francis, i Roma mu Butaliyani, aho ari mu ruzinduko rw'akazi.

Ku mugoroba w’ejo ku Cyumweru tariki 19 Werurwe 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yageze i Roma mu Butaliyani aho yitabiriye ubutumire bw’umushumba wa Kiliziya Gaturika ku Isi, Papa Francis nk’uko bitangazwa na Village Urugwiro.

Abinyujije ku rubuga rwa Twitter, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Louise Mushikiwabo na we yemeje aya makuru avuga ko Kagame na Papa bazaganira ku mubano hagati y’u Rwanda na Vatikani.

Yagize ati “Perezida Kagame ari i Roma aho yatumiwe na Papa kuganira ku mubano w’u Rwanda na Vatikani. Aturutse mu ruzinduko rw’ingirakamaro mu Bushinwa.”

Uru ruzinduko rukurikiye kuba ku wa Gatandatu ku ya 18 Werurwe, Papa Francis yari yatangaje ko ashyizeho intumwa ye nshya mu Rwanda, Musenyeri Andrzej Jowzowicz.

Inkuru irambuye irabageraho mukanya...



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama