AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame yashimye imitegurire y'inama ya 27 ya Afurika yunze ubumwe

Yanditswe Jul, 23 2016 19:36 PM | 2,466 Views



Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye abagize uruhare mu kwakira no gufata neza abashyitsi bitabiriye inama ya 27 y'umuryango wa Afrika yunze ubumwe yabereye i Kigali mu Rwanda kuva ku itariki 10 kugeza ku ya 18 muri uku kwezi kwa Karindwi.

Inkuru irambuye na Sylvanus Karemera.

Umukuru w'igihugu  yashimye abanyarwanda bose aho bari hose, uburyo bakiriye iyi nama yo ku rwego rwo hejuru ikagenda neza nk'uko byifuzwaga. Ni inama yabereye mu nyubako nshya y'ikitegererezo Kigali Convention Center

Perezida Kagame yasobanuye ko ibitaragenze neza, hazakomeza gukorwa ibishoboka byose kugira ngo  bigende neza kandi ko bitazananirana. Uku gushima kw'umukuru wigihugu kuje nyuma y'iminsi ine gusa inama  y'umuryango w'Afrika yunze ubumwe isoje imirimo yayo I Kigali ikaba yarahuje ibihugu byose by'Afurika.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura