Yanditswe May, 31 2016 15:52 PM | 1,680 Views
Uwahoze ari perezida w’inzibacyuho wa Centrafrique madame Catherine Samba Panza, ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere yasezeye ku basirikare b’u Rwanda bari bashinzwe kumurinda.
Ni umuhango wabereye iwe ahitwa OUANGO, mu mujyi wa
Bangui. Madame Catherine Samba Panza yashimye
ikinyabupfura n’ubunyamwuga yabonye ku ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo
kugarura amahoro muri icyo gihugu.
Yanazishimiye uburyo zamucungiye umutekano hamwe na guverinoma yari ayoboye mu gihe cy’inzibacyuho muri Centrafrique.
Amabwiriza aturuka mu buyobozi bukuru bw’ingabo z’umuryango w’abibumbye muri Centrafrique (MINUSCA) avuga ko guhera ku itariki 1 Kamena 2016, ni ukuvuga ku munsi w’ejo ku wa Gatatu, ingabo z’u Rwanda zizahagarika gucungira umutekano mu buryo bw’umwihariko Madamu Catherine Samba Panza.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru