AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Perezida w'inzibacyuho wa CAR yasezeye anashimira abasirikare b'u Rwanda

Yanditswe May, 31 2016 15:52 PM | 1,680 Views



Uwahoze ari perezida w’inzibacyuho wa Centrafrique madame Catherine Samba Panza, ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere yasezeye ku basirikare b’u Rwanda bari bashinzwe kumurinda. 

Ni umuhango wabereye iwe ahitwa OUANGO, mu mujyi wa Bangui. Madame Catherine Samba Panza yashimye ikinyabupfura n’ubunyamwuga yabonye ku ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri icyo gihugu.

Yanazishimiye uburyo zamucungiye umutekano hamwe na guverinoma yari ayoboye mu gihe cy’inzibacyuho muri Centrafrique.

Amabwiriza aturuka mu buyobozi bukuru bw’ingabo z’umuryango w’abibumbye muri Centrafrique (MINUSCA)  avuga ko guhera ku itariki 1 Kamena 2016, ni ukuvuga ku munsi w’ejo ku wa Gatatu, ingabo z’u Rwanda zizahagarika gucungira umutekano mu buryo bw’umwihariko Madamu Catherine Samba Panza.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira