Yanditswe Jan, 08 2017 21:48 PM | 1,923 Views
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'imari n'igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana, avuga ko Leta y'u Rwanda yamaze kubaka umusingi n'ubushobozi, imiyoborere myiza ndetse n'ubunararibonye bwaturutse ku ntego z'ikinyagihumbi kandi zagezweho ku gipimo gishimishije. Uwo musingi niho ashingira yemeza ko intego z'iterambere rirambye Sustainable Development Goals (SDG's)zizagerwaho.
Perezida w'ishyaka PL Hon Mukabarisa Donatile avuga ko amahugurwa nk'ayo agamije gusangiza amakuru abayoboke b'ishyaka PL mu gihe hategurwa gahunda z'iterambere nka SDG's, Vision 2050, EDPRD III.
Inyinshi mu ntego z'ikinyagihumbi zagezweho mu 2015, ariko hari ahagaragaye ibipimo bikiri hasi hakurikijwe intego yari igamijwe kugerwaho. Aho ni nk'igipimo cy'abaturage bari munsi y'umurongo w'ubukene, aho intego yari ukugabanya ubukene kugera kuri 30% ariko igihe kikagera igipimo ari 39%. Ahandi ni ukugabanya umubare w'abagore bakora umurimo w'ubuhinzi aho intego yari ukugera ku gipimo cya 50%, ariko bikarangira igipimo kikiri kuri 27%. Gusa, ibi bipimo ngo nta mpungenge biteye kuko bifite umusingi uzatuma bigerwaho mu ntego z'iterambere rirambye.
Inkuru mu mashusho:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru