AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida w'ishyaka PL avuga ko amahugurwa azafasha abayoboke kumenya neza SDGs

Yanditswe Jan, 08 2017 21:48 PM | 1,923 Views



Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'imari n'igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana, avuga ko Leta y'u Rwanda yamaze kubaka umusingi n'ubushobozi, imiyoborere myiza ndetse n'ubunararibonye bwaturutse ku ntego z'ikinyagihumbi kandi zagezweho ku gipimo gishimishije. Uwo musingi niho ashingira yemeza ko intego z'iterambere rirambye Sustainable Development Goals (SDG's)zizagerwaho.

Perezida w'ishyaka PL Hon Mukabarisa Donatile avuga ko amahugurwa nk'ayo agamije gusangiza amakuru abayoboke b'ishyaka PL mu gihe hategurwa gahunda z'iterambere nka SDG's, Vision 2050, EDPRD III. 

Inyinshi mu ntego z'ikinyagihumbi zagezweho mu 2015, ariko hari ahagaragaye ibipimo bikiri hasi hakurikijwe intego yari igamijwe kugerwaho. Aho ni nk'igipimo cy'abaturage bari munsi y'umurongo w'ubukene, aho intego yari ukugabanya ubukene kugera kuri 30% ariko igihe kikagera igipimo ari 39%. Ahandi ni ukugabanya umubare w'abagore bakora umurimo w'ubuhinzi aho intego yari ukugera ku gipimo cya 50%, ariko bikarangira igipimo kikiri kuri 27%. Gusa, ibi bipimo ngo nta mpungenge biteye kuko bifite umusingi uzatuma bigerwaho mu ntego z'iterambere rirambye.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura