AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

RBC irakangurira abaturage kwipimisha igituntu kidafata ibihaha

Yanditswe Nov, 22 2016 11:12 AM | 1,507 Views



Mu gihe bamwe mu baturage bo mu Rwanda batarasobanukira n'indwara y'igituntu kidafata ibihaha, [ExtraPulmonary Tuberculosis], hakaba n'abacyitiranya n'amarozi,  Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima RBC kiravuga ko iyo ndwara ihari kandi kigakangurira  abantu kwipimisha hakiri kare mu gihe bumvise ibimenyetso birimo kunanuka, kubira ibyuya nijoro, no kugira umuriro, kuko ari indwara ivurwa igakira.

Ibi ni ibyatangajwe na Dr Patrick Migambi, Umuyobozi w'ishami rishinzwe kurwanya igituntu ndetse n'izindi ndwara zifata mu myanya y'ubuhumekero mu kigo RBC.

Inkuru irambuye mu mashusho:






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira