Yanditswe Nov, 22 2016 11:12 AM | 1,507 Views
Mu gihe bamwe mu baturage bo mu Rwanda batarasobanukira n'indwara y'igituntu kidafata ibihaha, [ExtraPulmonary Tuberculosis], hakaba n'abacyitiranya n'amarozi, Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima RBC kiravuga ko iyo ndwara ihari kandi kigakangurira abantu kwipimisha hakiri kare mu gihe bumvise ibimenyetso birimo kunanuka, kubira ibyuya nijoro, no kugira umuriro, kuko ari indwara ivurwa igakira.
Ibi ni ibyatangajwe na Dr Patrick Migambi, Umuyobozi w'ishami rishinzwe kurwanya igituntu ndetse n'izindi ndwara zifata mu myanya y'ubuhumekero mu kigo RBC.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru