Yanditswe Jan, 11 2017 11:08 AM | 1,953 Views
Mu rwego rwo guca
akajagari mu ikusanya ry'amafaranga ya koperative z'abamotari rimwe na rimwe
bikagorana kubikurikirana, kubera amafaranga menshi yasohotse nta busobanuro,
ikigo gishinzwe guteza imbere amakoperative RCA cyatangaje ko kitazihanganira
umuyobozi cyangwa umunyamuryango w'izi koperative uzanyereza umutungo.
Ibi biravugwa mu gihe ubuyobozi bw'iki kigo buvuga ko bwakira ibibazo by'abanyamuryango b'izi koperative bavuga ko bakwa amafaranga ntibamenye irengero ryayo ndetse n'abayobozi b'izi koperative baka abanyamuryango bazo amafaranga menshi.
RCA mu kiganiro
yagiranye n'abanyamakuru, yavuze ko mu mabwiriza mashya agenga izi koperative ateganya
ko umusanzu uzajya utangwa mu bigo by'imari byemewe mu Rwanda.
Kuri ubu mu gihugu hose habarurwa amakoperative 243 y'abatwara abagenzi kuri moto, agizwe n'abanyamuryango bakabakaba ibihumbi 20. RCA ikaba yemeza ko izi koperative zigomba gutanga ubusobanuro bw'amafaranga yose yakoreshejwe, hagamijwe guca burundu isesagurwa ry'umutungo n'akajagari kaboneka mu mikorere n'imikoranire y'abanyamuryango bazo.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru