AGEZWEHO

  • U Bubuligi: Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gukora Jenoside – Soma inkuru...
  • Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira – Soma inkuru...

REMA irakangurira abaturage gufata neza ibishanga

Yanditswe Feb, 02 2017 18:26 PM | 13,462 Views



Mu gihe hirya no hino hakigaragara bikorwa bya muntu byangiza ibishanga, ubuyobozi bw'ikigo cy'igihugu cyo kubungabunga ibidukije (REMA) burahamagarira abaturarwanda bose gufata neza ibishanga bakirinda ibikorwa bibyangiza kugira ngo birinde ingaruka ziterwa n'ibiza.

Bimwe mu bikorwa bya muntu bibangamira ibishanga, ni nk'abatura mu bishanga abakoreramo ubuhinzi budakozwe kinyamwuga, ababicukuramo imicanga n'ibumba n'abagenda babisatira bamenamo imyanda n'ibitaka. Gusa, hari abamaze kumenya akamaro ko kubibungabunga n'ingaruka biteza iyo bititaweho.

Ubuyobozi bw'ikigo cy'igihugu cyo kubungabunga ibidukikije (REMA) bugaragaza ko mu Rwanda ibishanga byugarijwe n'ababyigabiza bakabyubakamo, abakoreramo ubuhinzi butari ubw'umwuga, ababucukuramo ibumba, amabuye n'umucanga

Ku itariki 2 Gashyantare, isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga w'ibishanga, aho insanganyamatsiko igira iti: ''ibishanga bifashwe neza bidufasha kugabanya ingaruka ziterwa n'ibiza''.

Umuyobozi bw'ikigo cy'igihugu cyo kubungabunga ibiduikije(REMA) Eng. Colleta Ruhamya asobanura ko  mu Rwanda bimwe mu bishanga byugarijwe n'ibikorwa bya muntu no gufatwa nabi, bituma kugabanya ingaruka ziterwa n'ibiza bigorana.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid