AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

RRA yafashe abantu 25 batanze inyemezabwishyu z'impimbano

Yanditswe Dec, 08 2016 13:11 PM | 1,301 Views



Abantu 25 ni bo bamaze gutabwa muri yombi, kubera gutanga inyemezabwishyu z'impimbano bakoresheje imashini za EBM.

Ubu buriganya bwatumye hanyerezwa imisoro n'amahoro bifite agaciro ka miliyari 12 habariwemo n'amande, kuko ibicuruzwa bazitanzeho byaguzwe miliyari 38. Muri abo bafashwe hari abakatiwe n'inkiko batanga n'amande.

Ikigo cy'imisoro n'amahoro kivuga ko kugeza ubu, muri izo miliyari 12 z'imisoro yanyerejwe amaze kugaruzwa ari miliyari imwe. 

Ubuyobozi bw'iki kigo bwongeraho ko abo bakoresha EBM z'impimbano uko ari 25 kandi nta bicuruzwa bafite batanze izo nyemezabwishyu z'impimbano ku bacuruzi 776  nabo bakaba baratahuwe ndetse bacibwa amande. Gusa 350 ni bo bamaze kwishyura amande baciwe, abandi basabye kujya bishyura mu byiciro.

Ikigo cy'imisoro n'amahoro kivuga ko buri cyumweru cyinjiza miliyoni 350 aturutse muri abo bakoreshaga uburiganya. 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura