AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

RUBAVU: Abaturanyi ba BRALIRWA barasaba ko ishuri bemerewe ryakuzuzwa

Yanditswe Jan, 24 2017 16:09 PM | 1,394 Views



Mu Murenge wa Nyamyumba mukarere ka Rubavu haravugwa ikibazo cy’idindira ry’imirimo yo kubaka ishuri ryisumbuye rya Rambo uruganda rwa BRALIRWA rwari rwaremereye abaturage.  Abaturage bavuga ko bababajwe n’iryo shuri ritigeze rigira icyo ribamarira bagasaba ko hakorwa ibishoboka byose rikubakwa rikuzura kuko bumvaga ko rigiye kubunganira mu myigire y’abana babo, ariko amaso akaba yaraheze mu kirere. Ubuyobozi bw’uru ruganda bwo buvuga ko bwavangiwe na rwiyemezamirimo utarubahirije amasezerano, binatuma kugeza n’ubu iki kibazo kikiri mu nkiko.


Inkuru yose mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize