AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Raporo ya RGB ku miyoborere n'imitangire ya serivisi mu Rwanda 2016

Yanditswe Nov, 15 2016 13:45 PM | 3,230 Views



Ubushakashatsi bwakozwe n'ikigo cy'igihugu cy'imiyoborere RGB, bugaragaza ko igipimo ku ishusho y'uko abaturage babona imiyoborere n'imitangire ya serivisi cyamanutse ho 3,4% kikava kuri 71,1% mu mwaka wa 2015 kikajya kuri 67,7% uyu mwaka wa 2016. 

Ubu bushakashatsi bwibanze ku nzego 14 zirimo i z'uburezi, ubuhinzi, ubworozi na serivisi zitangwa n'inzego z'ibanze. Mu mujyi wa kigali  bigaragara ko abishimira serivisi mu karere ka nyarugenge bagera kuri 68,8%, gasabo 68,7% muri kicukiro 68,4% 

Dr USENGUMUKIZA felicien ushinzwe ubushakashatsi muri RGB agaragaza ko kuba igipimo cyaramanutse atari uko abaturage badahabwa serivisi n'imiyoborere myiza, ahubwo biterwa nuko abaturage bamaze kumenya uburenganzira bwabo mu guhabwa serivisi nimiyoborere mu gihe kera hari abapfaga kwemera gusa bantanasobanukiwe




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #