AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

#RoadToWEF:WEF- Ipfundo ry'ubukungu bw'u Rwanda

Yanditswe May, 09 2016 10:02 AM | 2,437 Views



Inama mpuzamahanga y'ubukungu World Economic Forum igiye kubera mu Rwanda ifatwa nk'umwanya mwiza wo kwereka amahanga iterambere u Rwanda rumaze kugeraho, ari nako hahindurwa imyumvire y'abantu bakirebera u Rwanda mu mateka yaruranze ya Jenoside yakorewe abatutsi. Iyi nama iteganyijwe kuba tariki ya 11 kugeza tariki ya 13 uku kwezi ije mu gihe ikigega mpuzamahanga cyimari IMF cyerekana ko u Rwanda ruri ku mwanya wa gatanu muri Afurika mu bihugu byerekana ko bizazamuka ku muvuduko mwiza mu bukungu.

Reba inkuru yose:






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama