Yanditswe May, 09 2016 10:02 AM | 2,437 Views
Inama mpuzamahanga y'ubukungu World Economic Forum igiye kubera mu Rwanda ifatwa nk'umwanya mwiza wo kwereka amahanga iterambere u Rwanda rumaze kugeraho, ari nako hahindurwa imyumvire y'abantu bakirebera u Rwanda mu mateka yaruranze ya Jenoside yakorewe abatutsi. Iyi nama iteganyijwe kuba tariki ya 11 kugeza tariki ya 13 uku kwezi ije mu gihe ikigega mpuzamahanga cyimari IMF cyerekana ko u Rwanda ruri ku mwanya wa gatanu muri Afurika mu bihugu byerekana ko bizazamuka ku muvuduko mwiza mu bukungu.
Reba inkuru yose:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru