Yanditswe Nov, 19 2016 19:05 PM | 2,798 Views
Hafashimana Justin wo
mu murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu aragira inama urubyiruko yo gukura amaboko mu
mifuka rukagira umuco wo kwihangira imirimo kandi ntirugire umurimo rusuzugura.
Aratanga izi nama nyuma yo kubona ibikorwa bifatika amaze kugeraho abikesha ubuhinzi bw’indabo yatangiye gukora kuva afite imyaka 10.
Hafashimana Justin w'imyaka 31 y’amavuko. Yahisemo
guhinga indabyo abigira umwuga, akaba ari igikorwa amazemo imyaka igera kuri 21
dore ko yatangiye afite imyaka 10. Kuri ubu avuga ko amaze kwigeza kubikorwa
binyuranye byiterambere abikesha ubwo buhinzi bw’indabo akorera mumudugudu wa
Rambura akagari ka Terimbere.
Uyu murimo we arifuza ko yawugira umwuga ukanagera kurwego mpuzamahanga. Akaba ari nayo mpamvu asaba inzego za Leta kumufasha kubona amahugurwa ahagije kubuhinzi bw’indabo, kuzitungana n’ibindi.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru