Yanditswe Jun, 23 2016 16:35 PM | 2,274 Views
Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Kanembwe mu murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu baravuga ko barembejwe n’indwara ya Malariya aho usanga utayirwaye ,ayirwaje.
Ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima cya Byahi buvuga ko iki kibazo bukizi ariko ngo mu rwego rwo kurwanya Malariya, bugiye guha abaturage inzitiramibu zujuje ubuziranenge no kongera gukora ubukangurambaga mu baturage.
Iki kibazo cy'indwara ya Malariya cyatangiye kugaragara
mu mudugudu wa Kanembwe; mu kwezi kwa karindwi k'umwaka ushize...
Inkuru irambuye mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru