AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Rubavu bitabiriye korora inkoko ku bwinshi ariko babangamiwe no kutagira isoko

Yanditswe Oct, 04 2017 17:40 PM | 9,125 Views



Bamwe mu borozi b’inkoko mu karere ka Rubavu, bavuga ko korora inkoko mu buryo bwa kijyambere byababyariye inyungu ndetse binatanga akazi kubaturanyi babo. Gusa kimwe mubibazo ubu byugarije abo borozi ni ukubona isoko ry’umusaruro wabo cyane ko aho bawugemuraga ku bwinshi  ari mugihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo ariko muri icyo gihugu bakaza kwanga ko inkoko n’ibizikomokaho byakongera kwinjira mugihugu cyabo igihe hari hatangiye kuvugwa indwara yari y’ibasiye ibiguruka.

Inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira