AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

Rusizi-Abanyarwanda 133 batahutse mu Rwanda bavuye mu mashyamba ya Congo

Yanditswe Dec, 09 2016 12:03 PM | 2,633 Views



Abanyarwanda 133 bari barahungiye muri Congo-Kinshasa uyu munsi batahutse baciye ku mupaka wa Rusizi I. Biganjemo abagore n’abana. Benshi muri bo bavuga ko bari bamaze imyaka 21 baba mu mashyamba ya Congo, bakaba barabuzwaga gutaha n’amakuru bahabwaga na bamwe mubo bahunganye avuga ko mu Rwanda nta mahoro ahari. Ikindi kandi aho babaga mu mashyamba ya Congo ngo nta mahoro bari bafite kuko bayabuzwaga n’abitwara gisirikare baba muri ayo mashyamba ndetse ngo bagatungwa no guhingira rubanda.

Inkuru yose mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura