Yanditswe Dec, 09 2016 12:03 PM | 2,633 Views
Abanyarwanda 133 bari barahungiye muri Congo-Kinshasa uyu munsi batahutse baciye ku mupaka wa Rusizi I. Biganjemo abagore n’abana. Benshi muri bo bavuga ko bari bamaze imyaka 21 baba mu mashyamba ya Congo, bakaba barabuzwaga gutaha n’amakuru bahabwaga na bamwe mubo bahunganye avuga ko mu Rwanda nta mahoro ahari. Ikindi kandi aho babaga mu mashyamba ya Congo ngo nta mahoro bari bafite kuko bayabuzwaga n’abitwara gisirikare baba muri ayo mashyamba ndetse ngo bagatungwa no guhingira rubanda.
Inkuru yose mu mashusho:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru