Yanditswe Feb, 03 2017 16:29 PM | 2,370 Views
Sosiyete nyarwanda ikora ingendo zo mu kirere
Rwandair, mu kwezi kwa kane uyu mwaka izatangira gukora ingendo i Harare muri
Zimbabwe ndetse na Mumbai mu Buhinde.
Rwandair isobanura ko ingendo zerekeza i Harare zizatangira ku itariki ya mbere z'uko kwezi kwane, zikazahuzwa n'izira yerekeza i Lusaka muri Zambia, zikazajya zikorwa buri munsi.
Ingendo zerekeza i Mumbai zo zizatangira ku itariki ya Gatatu muri uko kwezi, zizajya zikorwa kane mu cyumweru, kandi indege igahaguruka i Kigali ikagera aho i Mumbai nta handi hantu na hamwe ihagaze.
Umuyobozi mukuru wa Rwandair John Mirenge asobanura ko ibi biri muri gahunda yo kugera mu migi myinshi ya Afrika ndetse no guteza imbere ubucuruzi hagati y'ibihugu.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru