AGEZWEHO

  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...
  • Nyabihu: Abarokotse Jenoside batewe impungenge n'ingengabitekerezo ya Jenoside ikihagaragara – Soma inkuru...

Sena iravuga ko ishishikajwe n'ibijyanye n'imiterere y'umurimo mu Rwanda

Yanditswe May, 30 2017 16:10 PM | 2,586 Views



Ibi Perezida wa sena Bernard Makuza yabigarutseho mu kiganiro nyungurana-bitekerezo ku murimo mu Rwanda; ikiganiro cyateguwe na sena y'u Rwanda.

Ikiganiro nyungurana bitekerezo cyateguwe na sena ntikigaragaza gusa ko umurimo ufite uruhare rukomeye mu iterambere ry'igihugu ahubwo kinerekana ko hadafashwe ingamba zikwiye, ibura ry'umurimo ryabangamira bikomeye icyerekezo igihugu cyihaye.

Minisiteri y'abakozi ba leta n'umurimo ivuga ko hamaze gukorwa ibitari bike mu gufasha Abanyarwanda kwihangira imirimo no kunoza iyo bafite.

Mu kuzirikana agaciro k'umurimo ubu ikigo cy'igihu cy'ibarurisha mibare ngo kigiye kujya kigaragaza ishusho y'uko isoko ryawo rihagaze buri gihembwe mu gihe minisiteri ifite umurimo mu nshingano yemeza ko ighugu kimaze kurenza imirimo ibihumbi 200 cyiyemeje guhanga buri mwaka ndetse kikaba kigeze kuri 1/2 cy'imirimo igera kuri miliyoni eshatu n'igice cyiyemeje guhanga kugeza muri 2020.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira