AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Sena na MYICT mu biganiro byo gushyira mu bikorwa gahunda z'ikoranabuhanga

Yanditswe Jun, 16 2016 10:37 AM | 1,994 Views



Komisiyo ya Senat ishinzwe iterambere ry'ubukungu n'imari muri iki gitondo irimo kugirana ibiganiro nyunguranabitekerezo n'abafite aho bahurira n'ishyirwa mu bikorwa rya politiki y'igihugu ku ikoranabuhanga.

Muri bo ku isonga hakaba harimo ministeri y'urubyiruko n'ikoranabuhanga n'abafatanya bikorwa bayo. Ministre Jean Philbert Nsengimana uhagarariye guverinoma muri ibi biganiro yabwiye abasenateri bagize iyi komisiyo ko ikoranabuhanga ririmo gufasha inzego zinyuranye gutera imbere mu guhanga ibintu bishyashya, hakaba hari intego y'uko mu karere u Rwanda ruherereyemo rwazaba icyitegererezo mu ikoreshwa ry'ikoranabuhanga no mu kuribyaza umusaruro.

Ikoranabuhanga kandi ngo rizafasha gutuma urwego rwa service rugera ku gipimo cyo hejuru, runagire uruhare rukomeye mu izamuka ry'ubukungu bw'igihugu.

Ngo rizanatuma habaho kurushaho guteza imbere umuco n'ubusabane mu muryango nyarwanda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura