Yanditswe Aug, 30 2016 10:43 AM | 931 Views
Abagize inteko ishinga amategeko y'umuryango wa Afrika y'iburasirazuba, EALA batangije umushinga wo gusaba ko ururimi rw'igiswayire cyakwemerwa nk'izindi ndimi zemewe zikoreshwa mu nama zose, mu nyandiko zihererekanwa ndetse n'ibiganiro bikorwa muri uyu muryango wa Afrika y'iburasurazuba.
Martin Ngoga umudepite w'u Rwanda ndetse na Abdullah Mwinyi wo muri Tz basanga iki cyemezo kiramutse gishyigikiwe n'ibihugu cyaba ari ingirakamaro kuko abaturage bafite intego imwe, n'icyerekezo kimwe baba bakwiriye guhuzwa n'ururimi, kuko igiswayire n'ubusanzwe gikoreshwa henshi muri ibi bihugu.
Ibi kandi ngo bizatuma abaturage barushaho kugira uruhare mu bikorwa by'uyu muryango, ndetse ngo biri no mu rwego rwo guteza imbere umuco w'Abanyafrika.
Inkuru irambuye (Mu cyongereza):
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru