Yanditswe Dec, 20 2016 10:38 AM | 1,999 Views
Leta y'u Rwanda ifatanije n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita mu mpunzi (HCR) bavuga ko mu gufasha impunzi ziri mu Rwanda kwibeshaho zidateze inkunga kugeza ubu biratangazwa ko kugeza ubu hakenewe nibura gukusanya miliyoni 20 mu myaka itatu.
Aya mafaranga azafasha ababashije kwishyira hamwe muri buri nkambi bagakora amakoperative
Gusa, SABER AZAM ukuriye ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku mpunzi mu Rwanda avuga ko hagikenewe kongera umubare w'abaterankunga kugirango ibi bishoboke, cyane ko ngo urebye n' amafaranga 6300 ahabwa buri mpinzi mu kwezi akiri make
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru