AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

U Rwanda na HCR muri gahunda yo gufasha impunzi gukora badategereje inkunga

Yanditswe Dec, 20 2016 10:38 AM | 1,999 Views



Leta y'u Rwanda ifatanije n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita mu mpunzi (HCR) bavuga ko mu gufasha impunzi ziri mu Rwanda kwibeshaho zidateze inkunga kugeza ubu biratangazwa ko kugeza ubu hakenewe nibura gukusanya miliyoni 20 mu myaka itatu. 

Aya mafaranga azafasha ababashije kwishyira hamwe muri buri nkambi bagakora amakoperative 

Gusa, SABER AZAM ukuriye ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku mpunzi  mu Rwanda avuga ko hagikenewe kongera umubare w'abaterankunga kugirango ibi bishoboke, cyane ko ngo urebye n' amafaranga 6300 ahabwa buri mpinzi mu kwezi akiri make




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira