Yanditswe Oct, 25 2016 11:32 AM | 2,373 Views
Mu makuru arebana n'ubukungu, u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kabiri muri Afrika muri raporo nshya Banki y’isi igaragaza uburyo ibihugu byorohereza abantu gukoreramo ishoramari (World Bank Doing Business Report 2017).
U Rwanda rwazamutseho imyanya itandatu yose ruva ku mwanya wa 62 rugera kuri 56 mu bihugu 190 byo mu isi, rwagumye ku mwanya wa kabiri muri Africa.
Muri Afrika, ibirwa bya Maurice, n'ubwo byasubiye inyuma ho imyanya 17 ku rutonde rw’isi, muri Afrika biracyaza ku mwanya wa mbere y’u Rwanda.
Urutonde rukorwa hagendewe ku gutera imbere n’ibyorohereza abashoramari, gukorera mu mucyo, gukurikiza amategeko, gufasha abashoramari kubona ibikorwa remezo n’ibindi.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru