Yanditswe Jan, 01 2018 19:33 PM | 5,444 Views
Guhera Tariki ya 1 Mutarama 2018 u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bageze ku mupaka bitabasabye kubanza kuyisaba mbere bakiri iwabo.
Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'ububanyi n'amahanga Olivier
Nduhungirehe avuga ko ibi bivuze ko u Rwanda rwafunguriye amarembo abantu bose
harimo n'abashoramari. Iki kikaba n'ikimenyetso cy'umubano mwiza rufitanye
n'ibindi bihugu, kandi akizeza ko nta kibazo cy'umutekano muke iki cyemezo
kizateza nubwo hitezwe ko abazaza mu Rwanda baziyongera kurusha uko byari
bisanzwe.
Ikiganiro mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru