AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Ubwiyongere bw'inka n'umukamo mu Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe Apr, 17 2017 18:18 PM | 5,480 Views



Mu 1994 umukamo w'amata umaze kwikuba inshuro zisaga 10 ibyo ngo bikaba byaratewe no kongera umubare w'inka no kuvugurura icyororo cyazo nkuko bitangazwa na Minisiteri y'ubuhinzi n'ubworozi mu Rwanda.

Muri Jenoside yakorewe Abatutsi, uko abicanyi batsembaga abantu niko n’inka zasahuwe ku buryo hari abavuga ko ngo batatekerezaga ko hari nka izasigara mu Rwanda nkuko bitari byoroshye kwibwira ko hari uzarokoka iyo Jenoside.

Umuyobozi ushinzwe ubworozi muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi Rutagengwa Theogene avuga ko mu byatumye inka ziyongera mu Rwanda harimo gahunda ya Girinka no kuvugurura ubworozi muri rusange.

Imibare dukesha Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi igaragaza ko  kugeza muri 2016 u Rwanda rwari rugeze kuri toni zisaga ibihumbi mana arindwi z'amata ku mwaka zivuye kuri toni 7,200 mu 1994. Mu 1994 kdi mu Rwanda haburwaga inka 172,000 muri 2016 zikaba ziri zimaze kurenga miliyoni na magana atatu.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira