AGEZWEHO

  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...
  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...

Uko umujyi wa Kigali wiriwe wifashe nyuma ya Noheli

Yanditswe Dec, 26 2016 19:50 PM | 2,685 Views



Mu mujyi wa Kigali bamwe mu bikorera baravuga ko nyuma y'umunsi mukuru wa Noheli bo batajya baruhuka kuko ariho baba bakesha imibereho. Ibi bitandukanye n'abakozi ba leta baba bagize umunsi w'ikiruhuko.

Umunsi ukurikira Noheli abantu bari urujya n'uruza nk'uko bisanzwe usibye zimwe mu nzu nkeya z'ubucuruzi zari zifunze.

Umunsi ukurikira Noheli uzwi nka Boxing day mu rurimi rw'icyongereza ubusanzwe ni umunsi w'ikiruhuko. Mu mujyi rwagati wa Kigali mu masaha ya mugitondo wasanga abantu ari bakeya ariko uko amasaha yigiraga imbere niko abantu biyongeraga .

Bamwe mu bakora ubucuruzi ntibahagritse imirimo yabo keretse ahatangirwa serivisi nk'amabanki wasangaga hamwe na hamwe hafunze. Abari mu kiruhuko bo hari abo wasangaga basohokanye n'inshuti n'imiryango.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira