AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Umunsi w'amahoro wizihirijwe mu nteko inshinga amategeko

Yanditswe Sep, 21 2016 10:13 AM | 1,714 Views



Ubushakashatsi bwakozwe na komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge burerekana ko abanyarwanda bangana na 96% bishimira ko babayeho mu mahoro kandi ko biteguye guharanira ubusugire bw’igihugu cyabo.

Ibi ni mu gihe kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Nzeli, u Rwanda rwifatanyije n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe amahoro. Abanyarwanda 96% kandi bagaragaza ko biteguye kurwanya amacakubiri.

Ibikorwa byo kwizihiza uyu munsi byabereye nteko ishinga amategeko.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura